Bamurange Julienne washinze umuryango Young Women Destination avuga ko mu bihe bya COVID-19 umubare w'abakobwa babyariye iwabo wiyongereyeho abandi batwise muri ibi bihe.
Guhura n'ibibazo mu buzima bwe, niyo ntandaro yo gushaka gufasha abagore batereranywe cyane cyane abakobwa babyariye iwabo bafite imyaka iri munsi 24, akabafasha kubona icyerekezo cy'ubuzima bwabo nyuma yo kujugunwa n'umuryango, bikamufasha kwiyakira, kwita ku mwana we, gufasha umuryango we kumwakira nyuma y'amakimbirane baba (...)
COVID-19 yongereye ]bakobwa batwaye inda bafashwa na Julienne #rwanda #RwOT
September 29, 2020
0