B Threy yahishuye uko yiyunze na Bushali bari bamaze umwaka barebana ay’ingwe #rwanda #RwOT

webrwanda
0
Kuva mu Ugushyingo 2019, B Threy asezera muri Green Ferry yatangiye kurebana ay’ingwe na Bushali batangiranye umuziki, kuri ubu uyu muraperi yavuze ko yamaze kwiyunga na mugenzi we, babanye neza ndetse byabaye akarusho ubwo bahuriraga mu ndirimbo “Amabara” ya Amalon.


source https://igihe.com/imyidagaduro/article/b-threy-yahishuye-uko-yiyunze-na-bushali-bari-bamaze-umwaka-barebana-ay-ingwe
Tags

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)