Kuri uyu wa Gatanu nibwo Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwemeje ishingiro ry’amasezerano imiryango ibiri yumvikanyeho, ko umwe uzatwitira undi mu rwego rwo gukemura ikibazo cyo kutabyara cyabaye kuri umwe muri iyo miryango.
source https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/amateka-mashya-nyuma-y-uko-urukiko-rwemereye-umuryango-gutwita-igi-rizavamo