Mu bindi harimo kuba ingendo zihuza Intara n'Umujyi wa Kigali mu buryo bwa rusange zimewe. N'iziva i Rusizi cyangwa zijyayo zakomorewe. Ikindi kandi isaha abantu bagomba kuba bageze mu ngo ni saa yine z'ijoro.
REBA IBYEMEZO BYOSE BY'INAMA Y'ABAMINISITIRI HANO :