Ntawe uzibagirwa mu myaka yashize ubwo filime zo muri Nigeria zari zigezweho ndetse zarigaruriye imitima ya benshi. Abakinnyi bazo baramenyekanye cyane hirya no hino muri Afurika kubera ibisa nk'aho ari bishya bari badukanye kuri uyu mugabane.
Post a Comment
0Comments