Umugabo wanjye yitabye Imana none nkeneye umusore wakwemera ko twibanira. #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Nitwa Mujawamariya Pierrine nkaba ntuye i Kigali. Umugabo wanjye twabanye dukundanye cyane, kandi yari byose kuri njye niyo mpamvu akimara kwitaba Imana naketse ko ubuzima bwanjye burangiriye ahongaho. Ariko buhoro buhoro nagiye niyakira ntangira kwimenyereza ubuzima bwo kubaho ntamufite. Ntibyari byoroshye ariko Imana yaranshoboje, ubu rero ndumva maze kwiyubaka bihagije, ndetse n’igikomere nari mfite ku mutima natewe n’urupfu rwe cyarakize. Niyo mpamvu nshaka umuntu twakundana tukibanira akaramata. Nzamufata neza muteteshe, nzamubera umwana mwiza mwubahe, muhe urukundo rwose kandi ntacyo azamburana.

Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.



source https://www.imbere.com/umugabo-wanjye-yitabye-imana-none-nkeneye-umusore-wakwemera-ko-twibanira/
Tags

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)