Umugabo twabanaga yantwariye umukobwa umutima none ubu ndashaka umusore twakwibanira. #rwanda #RwOT

webrwanda
0
Nitwa Umurerwa Patiente mfite imyaka 41 mfite abana 4 barimo abakobwa 2 n’abahungu 2. Umugabo twababyaranye yitabye Imana bakiri bato kuko umukuru yari afite imyaka 5 umuto akiri uruhinja. Nagerageje kubarera neza uko bishoboka, gusa ntibyari byoroshye cyane cyane abana b’abakobwa iyo batabona se ngo abashyireho igitsure usanga bikora ibyo bishakiye. Ubwo umukuru yari amaze kurangiza amashuri yisumbuye, numvise aricyo gihe cyo kuba nanjye natangira kwitekerezaho, nkashaka umuntu wampa care dore ko nari maze iyo myaka hafi 15 nita kurubyaro ntabona akanya ko kwiyitaho. Nibwo naje gukundana n’umusore uri mu kigero cy’imyaka 28, dukundana amezi make maze twemeranya kubana, naramukundaga cyane kuko nabonaga yitonda kandi ari inyangamugayo, muzana iwanjye turabana. Hashize iminsi natangiye kujya mbona uwo musore agirana ibibazo n’abakobwa banjye cyane cyane umukuru nkabona bahora bashwana ugasanga buri gihe ndimo ngerageza kubunga. Uko gushwana cyane niko kwagezaho kuvamo ubushuti bukomeye, kuburyo naje gutungurwa no kumva umugabo wanjye yantaye akajyana n’umukobwa wanjye mukuru bakajya kwibanira. Ikigaragara n’uko uwo musore atigeze ankunda ahubwo yari yarikundiye umukobwa wanjye, kwemera kubana nanjye yari amayeri yo kugira ngo aziyegereze umukobwa wanjye maze abone uko amutwara umutima kandi yashyizwe abigezeho. Kuko amafaranga namuhaga yayakoreshaga agura impano zo guha umukobwa wanjye. Nyuma yabyo rero ntacyo nari kubikoraho usibye kubashyigikira nkabafasha muri byose dore ko ari umuhungu ndetse n’umukobwa ntakazi bafite. Ubu rero ndashaka umusore wakwemera kunkunda by’ukuri kandi akanyizeza ko atazankora nk’ibyo uw’ubushize yankoze kuko umukobwa wanjye wundi nawe arahari kandi turabana. Uwumva yiteguye yanyandikira inbox. Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.
http://dlvr.it/RdH73C

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)