Amakosa umugabo wanjye yankoreye yatumye mwanga ubu ndashaka umusore twakundana. #rwanda #RwOT

webrwanda
0
Nitwa Urwibutso Francine mfite imyaka 32 mfite abana 3. Nabanye n’umugabo tubana twembi turi abakene. Dufatanya gushaka ibintu Imana idutera inkunga iduha umugisha dutera imbere. Umugabo wanjye amaze kubona tubaye abakire yatangiye gushaka kwiharira imitungo, atangira kujya afata amafaranga akayabika ahantu ntazi, agura ibibaza kuruhande ntabizi. Nyuma rero yaje gukoresha impapuro z’impimbano bituma agurisha inzu twari twaraguze mu rwego rwo guteganyiriza abana bacu. Ayigurisha ntabizi njye nashidutse njyayo nsanga habamo abantu ntazi mbabajije bambwira ko bayiguze n’umugabo wanjye ndetse ko nanjye nohereje impapuro nasinyeho, kandi sinjye ahubwo ni umu gabo wajye wiganye umukono wanjye. Ibyo byatumye umugabo wanjye mwanga cyane kuko umuntu suhobora gukora ikintu nk’icyo akakiguhisha kandi murarana uwo yanakwica umurambo akawunyereza. Nahise ntandukana nawe niyo mpamvu ubu nshaka umsore twakundana bikaba byambera byiza nawe abaye ari mu kigero cy’imyaka nk’iyanjye kandi abaye atarigeze abyara byaba byiza kurushaho. Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.
http://dlvr.it/RdH72P

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)