Perezida Kagame asanga ubufatanye hagati y’ibihugu bigize Umuryango wa Afrika y’u Burasirazuba (EAC) ari yo nzira yonyine yafasha aka karere guhangana n’icyorezo cya Coronavirus n’ingaruka kizazana nyuma yaho.
Perezida Kagame yagarutse ku bibazo muri EAC n’uko abona amatora mu bihe bya Covid-19 #rwanda #RwOT
August 02, 2020
0
Tags