Nitwa Mwizerwa Kevine ndashaka umukunzi witeguye kungira umugore. #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Nitwa Mwizerwa Kevine mfite imyaka 27 ntuye i Kigali. Nta mwana mfite ariko nigeze gushaka umugabo tubana amezi 3 nyuma y’ayo mezi twaje guhura n’ikibazo cy’ubukene umugabo afata icyemezo kigayitse cyo kujya kwiba baramufata. Byarantunguye cyane kuko sinigeze mbimukekera ko yaba umujura. Nyuma yo kumufata baramufunze nanjye nibwo naje gufata umwanzuro wo gutandukana nawe kuko sinabana n’umujura. Ubu rero ndashaka umuntu twakundana tukibanira, ndashaka umusore w’ingeso nziza nawe abaye yarigeze kubana n’umugore ntakibazo.

Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.



source https://www.imbere.com/nitwa-mwizerwa-kevine-ndashaka-umukunzi-witeguye-kungira-umugore/
Tags

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)