Umugabo wo muri Singapore yemeye ko ari maneko w’u Bushinwa muri Amerika #rwanda #RwOT
Author -
personwebrwanda
July 25, 2020
0
share
Umugabo wo muri Singapore yemereye icyaha muri Amerika cyo kuba yari maneko w’u Bushinwa, biba impamvu yiyongereye ku zindi zikomeje kuzambya umubano wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’u Bushinwa.