Umugabo wo muri Singapore yemeye ko ari maneko w’u Bushinwa muri Amerika #rwanda #RwOT

webrwanda
0
Umugabo wo muri Singapore yemereye icyaha muri Amerika cyo kuba yari maneko w’u Bushinwa, biba impamvu yiyongereye ku zindi zikomeje kuzambya umubano wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’u Bushinwa.


Tags

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)