Mu Karere ka Huye hagaragara utugari 14 tutagira Abanyamabanga Nshingwabikorwa n’utundi dutandatu tutagira abakozi bashinzwe iterambere (SEDO), ku buryo abaturage badutuyemo batabasha kubona serivise zo kuri urwo rwego uko bikwiye bitewe n’uko akenshi ibiro biba bifunze.
source https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/huye-utugari-14-ntitugira-abanyamabanga-nshingwabikorwa-hari-n-akamaze-imyaka