Hakenewe izindi mbaraga twifitemo mu guhangana n’icyorezo cya Coronavirus #rwanda #RwOT

webrwanda
0
Kuva kera ibibazo bitandukanye byarabaga, ndetse bikaba ingorabahizi. Nk’uko bisanzwe hari ubwo byasabaga amaboko aturutse hirya no hino. Duhereye no mu ngo iyo hadukaga ikibazo, byabaga byiza iyo abagize umuryango biyambaje ingufu z’abaturanyi. Ibi ariko ntabwo byavugaga ko ikibazo cyugarije bene cyo cyakemukaga burundu, ahubwo hari iturufu nziza yiyambazwaga.


Tags

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)