Urukiko rwisumbuye rwa Muhanga, kuri uyu wa Kane rwakatiye igifungo cy’imyaka irindwi abari abakozi ba Kaminuza ya Gitwe barimo uwari ushinzwe icungamutungo n’uwari ushinzwe kwishyuza amafaranga y’ishuri nyuma yo guhamwa n’ibyaha byo kuyanyereza.
0Comments