Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko yanze kuba yakwihutira gushyiriraho ibihano abayobozi b’u Bushinwa bagaragaye mu birego byo gufunga Abayisilamu bo mu bwoko bw’aba-Uyghurs n’aba- Kazakhs mu rwego rwo kwanga ko byarogoya ibiganiro bye by’ubucuruzi n’iki gihugu.
http://dlvr.it/RZ78NJ
Post a Comment
0Comments
