Perezida Kagame yavuze ko intego y’u Rwanda, ari ukugirana umubano mwiza n’abaturanyi, ndetse ko itorwa rya Perezida mushya mu Burundi, Gen Evariste Ndayishimiye, rishobora kuba umwanya mwiza wo kubigeraho ashingiye ku buryo u Rwanda rubanye na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuva Tshisekedi yagera ku butegetsi.
source https://igihe.com/politiki/article/perezida-kagame-yizeye-umubano-mushya-w-u-rwanda-n-u-burundi-ku-butegetsi-bwa