Perezida Kagame yavuze ko intego y’u Rwanda, ari ukugirana umubano mwiza n’abaturanyi, ndetse ko itorwa rya Perezida mushya mu Burundi, Gen Evariste Ndayishimiye, rishobora kuba umwanya mwiza wo kubigeraho ashingiye ku buryo u Rwanda rubanye na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuva Tshisekedi yagera ku butegetsi.
Perezida Kagame yizeye umubano mushya w’u Rwanda n’u Burundi ku butegetsi bwa Gen Ndayishimiye
June 28, 2020
0
Tags