Ibyiza byo kugenda n'amaguru nka sport #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Siporo ni ingenzi mu buzima bwa muntu, umuntu aremwe mu buryo agomba kubaho agenda. Bituma amera neza mu mubiri ndetse no mu iterambere. Ni siporo rero yakorwa neza muri iyi minsi ya Corona virus, aho siporo rusange zibujijwe. Kugenda n'amaguru nka siporo rero bifasha umuntu muri ibi bikurikira: Kumererwa neza mu mubiri no mu bitekerezo, Kunanuka, ni siporo yafasha abantu babyibushye cyane bifuza gutakaza ibiro ndetse igafasha no mu kutabyiyongera Igabanya uburibwe bw'umugongo Ifasha mu (...)

- Kwiyitaho

source http://agasaro.com/spip.php?article4322
Tags

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)