Gutumiza imbuto zo guhinga mu mahanga bigiye kuba amateka mu Rwanda

webrwanda
0
Minisitiri w’imari n’igenamigambi, Dr Uzziel Ndagijimana, yijeje ko guhera mu gihembwe cy’ihinga A kizatangira muri Nzeri uyu mwaka, u Rwanda rutazongera gutumiza mu mahanga imbuto zo guhinga, nyuma y’imyaka myinshi igihugu gitanga za miliyari mu kuzitumiza.


Tags

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)