Mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi, benshi bahisemo guhungira mu nsengero cyane cyane muri za Kiliziya no mu bigo by’abihayimana, bizeye ko baharokokera kuko bumvaga ko nta kizira gishobora kwinjira ahera. Muri make batekerezaga ko nta bwicanyi bwahahinguka.
source https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/banze-gutererana-intama-baragijwe-abanyamadini-barinze-igihango-muri-jenoside