
Rutahizamu Byiringiro Lague yashinje umunyamakuru Ngabo Roben kumusebya amuvugaho ko afitiye abakinnyi ba Police FC amadeni menshi.
Â
Lague yari yabanje gushaka kuregera RIB, ariko biba iby'ubusa. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, yahise ayoboka Urwego rw'Abanyamakuru bigenzura (RMC) aho yatanze ikirego, ubu akaba ategereje icyo ruzabifataho.
Â
Ngabo Roben ntacyo arabivugaho ku mugaragaro.
Â