
Umunyamakuru Kayishema Titi Thierry yanze icyifuzo cya Rayon Sports cyo kuyibera umuvugizi, agasimbura Ngabo Roben uherutse kwerekeza kuri Radio 10.
Kayishema, uzwi mu itangazamakuru ry'imikino, ntiyatangaje impamvu nyamukuru yamuhisemo kutemera iyi nshingano, ariko amakuru avuga ko ashobora gukomeza umwuga we w'itangazamakuru aho asanzwe akorera.
Rayon Sports iracyashakisha umuntu ushobora gusimbura Ngabo Roben mu mwanya w'umuvugizi w'ikipe.
Â
Source : https://yegob.rw/kayishema-titi-thierry-yanze-kuba-umuvugizi-wa-rayon-sports/