Nubwo APR FC ishobora gutwara igikombe idatsinzwe muri shampiyona, Thierry Froger we yagaragaje imbamutima ze ku bushobozi bw'abakinnyi bayo ku ruhando rw'Africa - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Thierry Froger utoza APR FC, yatangaje ko abakinnyi bose afite nta bushobozi bafite bwo kuba bagira icyo bafasha APR FC ku ruhando Nyafurika.

Ubu APR FC mu mikino 26 ya Shampiyona y'umupira w'amaguru mu Rwanda ntabwo iratsindwa umukino n'umwe.

Nyuma yo kunganya na AS Kigali, Thierry Froger yagize ati 'mu byukuri ngendeye ku byo twakinnye uyu munsi, kuvuga ko abakinnyi bagira icyo badufasha muri Africa, ntacyo kuko ntabusobozi, tujye tubwuzanya ukuri muri Africa bisaba urundi rwego ntabwo bababarira.'



Source : https://yegob.rw/nubwo-apr-fc-ishobora-gutwara-igikombe-idatsinzwe-muri-shampiyona-thierry-froger-we-yagaragaje-imbamutima-ze-ku-bushobozi-bwabakinnyi-bayo-ku-ruhando-rwafrica/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)