Yashatse gukora udukoryo mu mibonano mpuzabitsina umugore abigwamo #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Abantu bagize agahinda gakomeye nyuma yo kumenya inkuru y'umugore waguye mu mibonano mpuzabitsina kubera uwo bagateranaga.

 

Aba bombi ngo bari baryamaniye mu nzu zicumbikira abantu zizwi nka 'Lodge' nk'uko Thechoice babitangaje.Nyuma y'uru rupfu rw'uyu mugore abantu bacitse ururondogoro baravuga , bibaza uburyo byagenze kugira ngo umugore apfe batera akabariro.

 

Iri shyano ryabereye ahitwa Temideri mu gihugu cya Nigeria.Amakuru avuga ko uyu mugabo wari wanyoye imiti yongera imbaraga mu gihe cyo gutera akabariro ngo asanzwe akora akazi ko kogosha.Ibi bikavugwa ko yari yabikoze kugira ngo yemeze uwo mugore bari bari kumwe.

 

Amakuru yemeza ko impamvu yo gupfa kwa nyakwigendera ari umunaniro ngo na cyane ko uwo mugabo yari yakoresheje imbaraga nyinshi cyane.

 

Umuyobozi wa Police yo muri aka Gace amahano yabereyemo , yavuze koi bi byabaye koko , gusa ashimangira ko uwo mugabo yamaze gutabwa muri yombi.

The post Yashatse gukora udukoryo mu mibonano mpuzabitsina umugore abigwamo appeared first on The Custom Reports.



Source : https://thecustomreports.com/yashatse-gukora-udukoryo-mu-mibonano-mpuzabitsina-umugore-abigwamo/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)