Urupfu rw'umunyezamu wa Zimbabwe iri gukina n'u Rwanda rutunguye benshi #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Inkuru ibabaje kubafana b'ikipe y'Igihugu ya Zimbabwe ni inkuru y'umunyezamu wabo wapfuye azize indwara y'umutima ubwo yari mu myitozo imutegura kuza mu Rwanda guhangana n'Amavubi.

 

Uyu munyezamu George Chigova wa Zimbambwe , yaje kugira ikibazo cy'umutima mu kwezi kwa 7 bituma ava mu mikbuga kugeza ubwo amakuru y'urupfu rwe yatangajwe.

 

Uyu mukinnyi wakiniraga mu gihugu cya Amerika ndetse akaba yaranakiniye ikipe ya Dyanamos

The post Urupfu rw'umunyezamu wa Zimbabwe iri gukina n'u Rwanda rutunguye benshi appeared first on The Custom Reports.



Source : https://thecustomreports.com/urupfu-rwumunyezamu-wa-zimbabwe-iri-gukina-nu-rwanda-rutunguye-benshi/

Tags

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)