"Mu gihe dutegereje umwataka se uwamutereka kuri point": Perezida wa Ferwafa yaconze ruhago abakunzi b'umupira batangira kumusaba kwatakira Amavubi -AMASHUSHO - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

'Mu gihe dutegereje umwataka se uwamutereka kuri point': Perezida wa Ferwafa yaconze ruhago abakunzi b'umupira batangira kumusaba kwatakira Amavubi.

Mu mashusho yacaracaye ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye yagaragaje Perezida w'Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Rwanda (Ferwafa) Munyentwali Alphonse ari gukina amanota bimwe bizwi nka Jongles  mu ndimi z'amahanga maze abarimo umunyamakuru Lorenzo Christian batangazwa n'uburyo yabikoraga neza cyane.

Amashusho ya Perezida wa Ferwafa yatumye bamwe mu bakunzi ba ruhago bemera ko azi guconga ruhago ahubwo anakwiriye kwatakira Amavubi:

Bimwe mu byo abantu bagiye batangaza nyuma yo kubona aya mashusho:



Source : https://yegob.rw/mu-gihe-dutegereje-umwataka-se-uwamutereka-kuri-point-perezida-wa-ferwafa-yaconze-ruhago-abakunzi-bumupira-batangira-kumusaba-kwatakira-amavubi-amashusho/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)