Ese ni we gisubizo mu Mavubi atsindwa nk'umwana udakora étude: Hitezwe iki ku munyaburayi ugiye kuza gufatira ikipe y'igihugu Amavubi - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Amavubi yahamagaye umuzamu ukina mu ikipe yo mu kiciro cya mbere i Burayi.

Umunyezamu Maxime Wenssens wa Union Saint-Gilloise yo mu Cyiciro cya Mbere mu Bubiligi yahamagawe bwa mbere mu Amavubi. Ikipe y'Igihugu iri kwitegura imikino yo gushaka itike y'Igikombe cy'Isi cya 2026.

Uyu mukinnyi azafasha byinshi ikipe y'igihugu Amavubi kuko yahuye na byinshi i Burayi aho akina.

Ukurikije umupira w'Afurika utandukana cyane n'uwa Banyaburayi kuko bo bari ku rundi rwego aho uyu mwana azagira umusanzu atanga mu Mavubi.

Ikindi ni inyungu ihambaye ku Mavubi ndetse ni n'akazi gakomeye kuri Kwizera Olivier na Ntwari Fiacre bari bamaze gufata izamu ry'ikipe y'igihugu Amavubi.



Source : https://yegob.rw/ese-ni-we-gisubizo-mu-mavubi-atsindwa-nkumwana-udakora-etude-hitezwe-iki-ku-munyaburayi-ugiye-kuza-gufatira-ikipe-yigihugu-amavubi/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)