Umuhanzi uzwi mu Rwanda no hanze yarwo, ntakozwa ibyo gusubira kwiga ngo abanze arangize amashuri abanza (Primary) kubera impamvu abantu bose bari gushyigikira - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Umuhanzi uzwi mu Rwanda no hanze yarwo, ntakozwa ibyo gusubira kwiga ngo abanze arangize amashuri abanza (Primary) kubera impamvu abantu bose bari gushyigikira.

Umuhanzi Edd Kenzo yavuze ko atazigera asubira ku ishuri kuko yabonye ibyo abandi baba bakeneye iyo bagiye kwiga.

Eddy Kenzo ntabwo akozwa ibyo gusibira ku ishuri ngo atere ikirege mu cya mugenzi we Jose Chameleone uheruka kurangiza icyiciro cya kabiri cya kaminuza.

Eddy Kenzo akunze kwibasirwa cyane ku bwo kuba atarize.

Eddy Kenzo wibasirwa bigeze aho, yahagaritse kwiga ubwo yari ageze mu mwaka wa kane w'amashuri abanza hanyuma akurikirana inzozi ze zo kuba umuhanzi ndetse abigiriramo amahirwe abasha guhirwa mu muziki.

Yatangiye umuziki ku myaka 19.



Source : https://yegob.rw/umuhanzi-uzwi-mu-rwanda-no-hanze-yarwo-ntakozwa-ibyo-gusubira-kwiga-ngo-abanze-arangize-amashuri-abanza-primary-kubera-impamvu-abantu-bose-bari-gushyigikira/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)