Rwamagana; Abaturage 53 bajyanwe ku bitaro igitaraganya - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Abaturage bo Murenge wa Muganga mu karere ka Rwamagana bajyanwe kuvurirwa mu kigo Nderabuzima cya Munyaga nyuma yo kunywa ubushera bakeka ko bwahumanyijwe ubwo bari bitabiriye ibirori by'umuturanyi.

Samuel Niyigena wari watumiye abamuherekeje mu muhango wo kwirega avuga ko abo baturage bakeka ko ubushera banyweye bwahumanyijwe .

Kuri ubu abaturage 53 nibo bagizweho ingaruka n'ubushera banyweye bugatuma barwara .

Abahuye n'ikibazo bamwe muribo barimo kwitabwaho n'abaganga, kugeza ubu bakaba barimo koroherwa ndetse harimo abatashye bamaze gukira.



Source : https://yegob.rw/rwamagana-abaturage-53-bajyanwe-ku-bitaro-igitaraganya/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)