Ni umwe mu bagabo bahinduye ubuzima bwange! Umuhanzi Roskana yasutse amarangamutima ye kuri Element amubwira amagambo yuzuye urukundo ku isabukuru ye - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Umuhanzi ukiri mushya muri muzika nyarwanda uzwi kw'izina rya Roskana wamenyekanye mu ndirimbo Foi de toi yakoranye na Element ndetse na Bruce Melodie yasutse amarangamutima ye kuri Element.

Kuri uyu munsi nibwo yari isabukuru yamavuko ya Element ukomeje kwigarurira imitima ya benshi mu magambo yuzuye gushimagiza Roskana yageneye ubutumwa Element

Yagize ati:' Ni umwe mu bagabo bahinduye ubuzima bwange abushyira kurundi rwego, Urakoze maraso, Usibye ibyo, uyumunsi ni umunsi wamavuko ye, Nishimiye gukura kwawe umwanya munini! Wuzure umunezero, amahoro n'urukundo! Turagukunda rwose! Isabukuru nziza '



Source : https://yegob.rw/ni-umwe-mu-bagabo-bahinduye-ubuzima-bwange-umuhanzi-roskana-yasutse-amarangamutima-ye-kuri-element-amubwira-amagambo-yuzuye-urukundo-ku-isabukuru-ye/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)