Umusore yarashe umukunzi we bendaga ku rushinga ahita apfa kubera amakosa umukobwa yakoze  - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Umusore yarashe umukunzi we bendaga ku rushinga ahita apfa kubera amakosa umukobwa yakoze.

Muri leta z'unze ubumwe za America umusore yarashe uwari umukunzi we buteguraga kurushinga amuziza ko yamukuriyemo inda.

Uyu musore yarashe umukunzi we ubwo umukobwa yabwiraga umuhungu ati'byari ibyingenzi kuba waba papa, kandi nange byari ibyingenzi kuba naba mama gusa sinifuzaga gukuramo inda', kwifata no kubyiyumvisha byamunaniye ahita amurasa.

Uyu musore w'imyaka 22 witwa Harold Thompson yarashe umukunzi we w'imyaka 26 witwa Gabriella Gonzalez, ndetse bivugwa ko bamwe mu banyamuryango b'iwabo w'uyu musore baregwaga bimwe mu byaha by'ihohotera.

Polisi yatangaje ko yataye muri yombi uyu musore warashe umukunzi we ndetse iperereza rikaba rigikomeje.



Source : https://yegob.rw/umusore-yarashe-umukunzi-we-bendaga-ku-rushinga-ahita-apfa-kubera-amakosa-umukobwa-yakoze/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)