
Ku munsi wo ku cyumweru nibwo i Karongi habereye impanuka y'imodoka yo mu bwoko bwa Hiace aho abantu batandatu bahise babura ubuzima.
Muri abo batandatu baburiye ubuzima muri iyo modoka yaguye mu mpanga, harimo Abarimu 2 bigishaga ku Kigo cy'amashuri cya Gs Saint Joseph Cyinama ndetse n'umucungamutungo.
Mu bakomerekeye muri iyi mpanuka kandi harimo abalimu bagera ku munani nk'uko bitangazwa na RBA.
Â