FERWAFA yahawe abayobozi bashya mu nzibacyuho - Umuryango.rw #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Biteganijwe ko Marcel azayobora kugeraza ku matora ateganyijwe tariki ya 24 Kamena 2023, akazafashwa na Munyankaka Ancille na Mudaheranwa Yussufu nk'abandi bayobozi yahawe muri icyo gihe.

Kwemeza aba bayobozi byabereye mu Nteko Rusange Idasanzwe yo kuri uyu wa 15 Gicurasi. Yashyizweho nyuma y'uko Komite Nyobozi ya FERWAFA iseshwe kubera ko benshi mu bari bayigize beguye, igasigara itagifite ububasha nk'uko amategeko abigena.

Amategeko ateganya ko mu gihe abagize Komite Nyobozi basigaye bari munsi ya 2/3, ihita iseswa.



Source : https://umuryango.rw/imyidagaduro/imikino/article/ferwafa-yahawe-abayobozi-bashya-mu-nzibacyuho

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)