Reba Uburanga bw'umukobwa wa Pep Guardiola ukomeje kuvugisha benshi [AMAFOTO] #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Umukobwa w'umutoza Pep Guardiola witwa Maria Guardiola, ufite imyaka 21,akomeje kuvugisha benshi kubera uburanga bwe busembura abagabo.

Uyu mukobwa ashaka kubaka izina mu kumurika imideli mugihe papa we Pep akomeje kubaka ikipe yakwegukana igikombe cya Champions League uyu mwaka.

Uyu mukobwa ufite imisatsi y'umuhondo,akomeje gukundwa cyane ku mbuga nkoranyambaga kuko ubu afite abarenga 380.000 bamukurikira kuri konti ye ya Instagram.

Vuba aha, yatorewe kwerekana imyenda y'imbere [bikini] yambarwa n'abari koga, ibyo yabikoze mu buryo budssanzwe.

Uyu mukobwa yavuzwe bwa mbere ubwo yakundanaga n'uwahoze ari umukinnyi wa Spurs,Dele Alli ndetse bigeze kugaragara bari gusomana.

Uyu mukobwa ufana Man City itozwa na se,yagaragaye kuri stade ya Etihad yishimira intsinzi, mu gihe Erling Haaland bivugwa ko ariwe mukinnyi akunda.

Amashusho aheruka kujya hanze yamamaza Bikini niyo yatumye avugwa cyane ndetse bimwongerera igikundiro mu bagabo.






Source : https://umuryango.rw/ubuzima-115/imibereho/article/reba-uburanga-bw-umukobwa-wa-pep-guardiola-ukomeje-kuvugisha-benshi-amafoto

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)