USA:Umwiyahuzi yarashe abantu , babiri bahita bahasiga ubuzima #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Abashinzwe ubutabazi baraye mu kazi ko kujyana abakomeretse kwa muganga.

Polisi yo muri Philadelphia yatangaje ko byabereye aho imihanda ibiri yitwa Third and South streets ihurira.

Barindwi mu bakomeretse bajyanywe mu bitaro byitiriwe uwabaye Perezida wa gatatu w'Amerika witwa Thomas Jefferson.

Umuvugizi wa biriya bitaro yavuze ko bariya barwayi bakigezwa kwa muganga umwe yahise apfa.

Iyi ni inshuro eshatu zikurikiranya mu gihe kitageze ku kwezi abantu barasira abandi mu ruhame.

Muri Leta ya Texas, USA, umusore w'imyaka 18 y'amavuko aherutse kurasa abana bari mu ishuri abicana n'abarimu babiri.



Source : http://www.ukwezi.rw/Mu-mahanga/Amakuru-anyuranye/article/USA-Umwiyahuzi-yarashe-abantu-babiri-bahita-bahasiga-ubuzima

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)