Rusesabagina wakatiwe n'Urukiko ,umuryango we wamusabiye indishyi y'akayabo muri America #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Umuryango wa Paul Rusesabagina wijyanye mu rukiko rwo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika usaba indishi y'akababaro ya miriyoni 400 z'amadorari y'abanyamerika.
Uyu muryango wasobanuye ko iyo ndishyi ari ikiguzi cy'uko umubyeyi wabo yashimiswe agakorerwa n'iyica rubozo mu Rwanda aho afungiye.

Ubutabera bw'u Rwanda buherutse gukatira uyu Rusesabagina igifungo cy'imyaka 25 ku byaha byamuhamye bishingiye ku gukora iterabwoba n'ibindi yakoze ubwo umutwe yari ayoboye wicaga abaturage mu ntara y'amajyepfo.

Umuryango we uvuga ko leta y'Urwanda yamushutse ikamuvana muri Texas aho yari asanzwe aba mu buhungiro, ikamusubiza mu Rwanda.

Arashimirwa ibikorwa bise iby'ubutwari bya muranze , kuko ngo yararokoye abantu bagera 1200 mu gihe cya jenoside yabakorewe mu 1994.



Source : https://umuryango.rw/amakuru/mu-mahanga/ubutabera/article/rusesabagina-wakatiwe-n-urukiko-umuryango-we-wamusabiye-indishyi-y-akayabo-muri

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)