Umuhanzikazi Lady Gaga yatamajwe bikomeye n'ikanzu ye bamufotora agaragaza imyanya y'ibanga ye. – YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Umuhanzikazi Lady Gaga aheritse gutamazwa n'ikanzu yari yambaye aho yari mu kiganiro n'itangazamakuru, nyuma aganira na NBC aganira n'umunyamakuru Stephen Colbert. Muri uko kuganira byagaragaraga ko Gaga yambaye neza ikanzu y'umukara.

Ubwo ikiganiro cyarangiraga, bagiye hanze kwifotoza. Lady Gaga yafashe amafoto atandukanye hanze ya Studio ya NBC, yaje gufata ikanzu nabi umuyaga urayigurukana umwambura ubusa imbere ya Camera amafoto arakomeza arafatwa bisanzwe.

Ibi byerekana ko umuntu agomba kwambara umwenda utamutamaza igihe runaka cyane ku bakobwa bambara imyenda irekuye migufi cyangwa isatuye bitangaje, aho bashobora kwambara ubusa ku karubanda kubera umuyaga cyangwa ikindi kintu cyabitera.



Source : https://yegob.rw/umuhanzikazi-lady-gaga-yatamajwe-bikomeye-nikanzu-ye-bamufotora-agaragaza-imyanya-yibanga-ye/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)