Abantu batewe ubwoba n'igikeri cyavuye mu myanya y'ibanga y'umugore||uko byagenze. – YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Nyuma yo kubona videwo yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye igaragaza igikeri kiva mu bice by'ibanga by'umugore, benshi bahise batangira kwibaza bwa mbere impamvu cyari kirimo mbere.

Ibyagaragaye muri iyo videwo yagaragaye ku mbuga nkoranyambaga nta kindi ngo uretse ko byari umuhango kandi bikorerwa mu bihugu bimwe na bimwe bya Afrika na Aziya.

Kubera iyo mpamvu, bamwe mu bayibonye bahise bashakisha amakuru kugirango bakemure ayo mayobera kandi bagarukanye igisubizo.

Ubwo bwoko bw'ibikeri bwihariye bukoreshwa nk'uburyo kamere busanzwe mu gutuma imyanya yibanga y'umugore yongera kwegerana mu gihe yari yaragutse cyane!

Ngo ni uburyo bukora neza, bugira akamaro cyane kubera imiti iboneka ku ruhu rw'ubwo bwoko bw'ibikeri itera impiduka ku rukuta rw'igitsina cy'umugore kandi ngo ikongera ibyiyumvo n'uburyohe mu gitsina cy'umugore.

Ariko kandi nkuko ibinyamakuru byabitangaje ngo iyo bikozwe nabi bishobora gutuma igitsina cy'umugore gihura n'akaga kikaba cyakwifunga cyane.

Niba urekeye igikeri imbere mu myanya y'ibanga y'umugore igihe kirekire cyane kurusha uko wakagombye, umuyoboro w'igitsina ushobora kwifunga cyane kugeza aho ukanyaga igikeri kugeza gipfuye, kikaba cyarekura indi miti iba imbere mugikeri ishobora gutuma igitsina cy'umugore kigira umunuko ukabije kandi kikanafatana cyane ku buryo gutera akabariro bidashoboka.

Umugore yakumva ububabare bukabije burigihe mu gihe cyakabariro, kandi umunuko nawo watuma abagabo bamugendera kure.

Ni byiza rero, mbere yuko ugerageza gukora uwo muhango wo gutuma igitsina cyawe cyegerana winjizamo igikeri, tekereza uko ibyakubaho biramutse bitagenze neza.



Source : https://yegob.rw/abantu-batewe-ubwoba-nigikeri-cyavuye-mu-myanya-yibanga-yumugoreuko-byagenze/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)