Umukinnyi w'Umunyamisiri wumupira wamaguru wabigize umwuga Mohamed salas, yatangajeko yifuza kuguma mu ikipe asanzwe akinira ariyo Liverpool kugeza arekeye gukina umupira wamaguru.
Mu magambo yicyongereza yabwiye sky sports,tugenekereje mu kinyarwanda ati:
'Sinjye ubigena, ariko umbajije nakubwirako nifuza kuguma ahafa kugeza ndekeye gukina umupira. Ntango biri mu biganza byange ahubwo biterwa nicyo ikipe ishaka.'
Arongera ati:
'Kuri ubu siniyumvisha ukunta nakina mpanganye na Liverpool. birakomeye, sinshaka no kubivugaho gusa byambabaza cyane.'
Source : https://yegob.rw/mohamed-salah-yatangaje-amakuru-ashimishije-ku-bakunzi-ba-liverpool/