Abaminisitiri ba Afurika Yunze Ubumwe n’ab’Ubumwe bw’u Burayi barahurira i Kigali - #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Mu bigomba kuganirwaho harimo ibijyanye n’ubufatanye bwa EU na AU n’uburyo imikoranire y’impande zombi yakongerwamo imbaraga nk’uko inkuru ya New Times ibivuga.

Iyi nkuru ikomeza ivuga ko kuri gahunda ibiganiro byibanda ku ngingo zirimo guhangana n’ingaruka zasizwe na Covid-19 no kubaka ubukungu burambye.

Ibindi bizigwaho birimo ibijyanye n’ishoramari mu by’ikoranabuhanga no kubungabunga ibidukikije, amahoro, umutekano, imiyoborere, uburezi n’ibindi.

Iyi nama byari biteganyijwe ko yagombaga kuba muri Gicurasi 2020 ariko iza gusubikwa kubera ingamba zo kwirinda ikwirakwira ry’ubwandu bwa Covid-19, zatumye ibikorwa byinshi bihagarikwa.

Perezida wa Komisiyo ya Afurika Yunze Ubumwe, Moussa Faki Mahamat



source : https://ift.tt/3pDHZei
Tags

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)