Kaminuza y'u Rwanda yemereye Komisiyo ishinzwe gukurikirana iby'imari n'umutungo bya Leta mu Nteko Ishinga Amategeko (PAC), ko yanze kwishyura ba Rwiyemezamirimo kugeza ubwo bayireze igacibwa arenga miliyoni 40 z'amafaranga y'u Rwanda.
Ubuyobozi bwa Kaminuza bwabwiye PAC ko bwahakuye isomo ndetse ko batazongera gutinda kwishyura abo babereyemo imyenda.
Inkuru irambuye ni mu kanyaâ¦Ã¢¦
The post Kaminuza y'u Rwanda yemeye ko yahombeje Leta Miliyoni 40 appeared first on Flash Radio TV.