Mu masaha make ashize nibwo inkuru imaze kuba Kimomo ko Mutsinzi Ange Jimmy wakiniraga ikipe ya APR FC kuri ubu yamaze kubona ikipe nshya akaba ari ikipe ya CD Trofense yo mu kiciro cya kabiri mu gihugu cya Portugal.
Mutsinzi Ange abinyujije ku rukuta rwe rwa instagram yanditse amagambo yuzuyemo amarangamutima menshi no gushima by'umwihariko Ubuyobozi bwa APR FC.
Yatangaje ibi bikurikira:

Amafoto ya Mutsinzi mu mwambaro wa CD Trofense yo muri Portugal:
Source : https://yegob.rw/ijambo-mutsinzi-ange-yavuze-asezera-apr-fc/



