
Uyu munyamategeko w'imyaka 62 yirukanywe ku butaka bw'u Rwanda nyuma y'aho arenze ku mategeko akajya mu rukiko kunganira Paul Rusesabagina kandi nta burenganzira abifitiye.

Umuyobozi mukuru w'Urwego rw'Igihugu rw'Abinjira n'Abasohoka Lt. Col Regis Gatarayiha avuga ko Vincent LURQUIN yinjiye mu Rwanda tariki 16 Kanama ahabwa visa yo gusura y'iminsi 30, ariko ku itariki ya 20, Lurquin agaragara mu rukiko nta burenganzira abifitiye ndetse nta n'icyangombwa (work permit) afite.
Irebere muri iyi video uko yurijwe indege agasubizwa iwabo:

source : https://ift.tt/3y8JGBc