Igisubizo ku bibaza niba Kami na Keza bakina muri Impanga Series ari umuntu umwe – YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Fleury Ndayirukiye uzwi cyane ku izina rya Fleury Legend akaba ari nawe uyobora filime izwi nka Impanga Series yamaze amatsiko abantu benshi bibazaga niba Kami na Keza bakina mu Impanga Series ari umuntu umwe. Mu kiganiro Sunday Night show aho Fleury Legend yari yatumiwe nk'umutumirwa yabisobanuye nyuma yo kubibazwa na benshi mu bari bakurikiye iki kiganiro.

Mu magambo ye bwite, Fleury Legend yagize ati " Abantu bagomba kumenya ko hari Bahavu Jannet umwe hakaba na Kami na Keza bakina mu Impanga Series ntakindi ".

Kami na Keza bari mu bakinnyi bakina mu Impanga Series



Source : https://yegob.rw/igisubizo-ku-bibaza-niba-kami-na-keza-bakina-muri-impanga-series-ari-umuntu-umwe/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)