Abagore n'inkumi bakora siporo nk'abarimo gutera akabariro basekeje abatari bake. – YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Hari amashusho yakwirakwijwe cyane kumbuga nkoranymbaga zitandukanye, aya mashusho agaragaza abagore n'abakobwa bivanze n'abagabo bakora siporo bagorora imibiri.

Nk'uko bigaragara muri aya mashusho abagore bakora izi siporo binyonga, amaboko n'amaguru aribyo bifashe hasi bagenda bazamura ikibuno hejuru.

 

Ubu buryo bwo gukora siporo winyonga amaguru n'amaboko bifashe hasi ni uburyo bwiza cyane butuma igice cy'umugongo cyigorora.

Icyatangaje abantu benshi ndetse nicyagiye kigarukwaho cyane muri aya mashusho ni uburyo aba bagore baba binyonga bisa neza n'uburyo abagore n'abagabo bakoresha binyonga iyo batera akabariro.

Aya mashusho yakwirakwijwe cyane mubinyamakuru byo muri kenya banavuga ko ariho yafatiwe.



Source : https://yegob.rw/abagore-ninkumi-bakora-siporo-nkabarimo-gutera-akabariro-basekeje-abatari-bake/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)