Uko angana ni ko arya! Reka tugutembereze ku meza y'ibiba byateguwe iyo The Rock agiye kurya-AMAFOTO – YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Mu buzima Ntawe ungana nk'undi, hari ababa bafite ibigango ku buryo ushobora kwibaza ingano y'amafunguro bafata. Ntabwo biba bitunguranye iyo ubonye umunyabigango afungura ibiryo byinshi, gusa umuntu wese agira ingano y'amafunguro afata.

Icyamamare ku isi akaba umukinnyi wa Filime, Dwayne Johnson wamamaye nka The Rock, ni umugabo w'ibigango. The Rock Johnson w'imyaka 48 y'amavuko, umwe mu bakinnyi ba filime bahembwa menshi ku Isi ndetse bakunzwe cyane muri Amerika no ku isi, bivugwa ko afata amafunguro menshi mu gihe ari kurya. 

Uyu mugabo uherutse gutangaza ko afite inzozi zo kwinjira muri White House nka Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, iyo ageze ku meza agiye gufata amafunguro ushobora kwikanga ko bayateguriye itsinda ry'abantu.

Iyo ageze kuri burger

Hari abakunda kurya Burger kumara imwe gusa bikananirana wanayimara ukumva nta yindi washyiraho, ariko Dwayne Johnson ntabwo ari umugabo uhagarara nyuma yo kurya Burger imwe .

Leave your vote

Comments

0 comments



Source : https://yegob.rw/uko-angana-ni-ko-arya-reka-tugutembereze-ku-meza-yibiba-byateguwe-iyo-the-rock-agiye-kurya-amafoto/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)