Biteye ubwoba:Amaze imyaka 30 yose areba inyuma ||abantu bavuga ko yarozwe na nyina umubyara. – YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Ubonye uburyo uyu mukobwa witwa Mukayandambaje uhita wibaza impamvu yamuteye ubu burwayi,niba ari uku yavutse ameze cyangwa byaraje akuze.

Uyu mukobwa uri mu kigero cyimyaka 30 y'amavuko, mama we avuga ko ubu burwayi bwaje nyuma yo gutangira amashuri abanza,dore ko yavutse ameze neza nk'abandi bana.Mukandayambaje uburyo agendamo ,aba areba inyuma kuko umutwe we ntureba imbere,ndetse ubona ari ibintu biteye ubwoba kuko bimugora cyane gushakisha inzira ,aba asa nkuwigaragura hasi.

Umubyeyi we yatangaje ko aterwa agahinda n'abamushinyagurira ko ari we wirogeye umwana we ,akagira ubu bumuga amaranye imyaka myinshi.

Yagize ati:'abanshinyagurira ndabamenyereye,bavuga ko nirogeye umwana,ariko bazavuge ibyo bashaka.Nzi igise cye,nzi ubuzima yaciyemo ,iyo numvise ibyo bavuga birambabaza cyane'.

Leave your vote

-1 Points
Upvote Downvote

Comments

0 comments



Source : https://yegob.rw/biteye-ubwobaamaze-imyaka-30-yose-areba-inyuma-abantu-bavuga-ko-yarozwe-na-nyina-umubyara/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)