Urukundo rwo mu gitanda ShaddyBoo yemereye abakinnyi rwabaye igitaramo ku mbugankoranyambaga. – YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

ShaddyBoo yakomeje kwemeza ko nubwo ikipe y'igihugu AMAVUBI itatwaye igikombe cya CHAN 2020   ngo atange ibihembo yari yiyemeje ariko ko aba bakinnyi batapfa kuviramwaho ,ndetse ko bashobora guhabwa urukundo rwo mu gitanda.Nyuma y'aya magambo benshi mu bakurikira ShaddyBoo kuri Twitter batangiye kumugira igitaramo bamugarukaho cyane.

ShaddyBoo yanditse kuri Twitter ko abemereye ibihembo AMAVUBI batangira kubitanga maze yongeraho ko we atazatanga amafaranga, ahubwo hari ikindi azatanga:

Yagize ati:Abantu bemereye ikipe ,amafaranga bayohereze ,njye nubwo batageze aho nifuzaga nzakora aka geste, niyo ataba amafaranga, ariko ibizashoboka byose nzabikora,murakoze cyane'

Abantu bemereye ikipe, amafranga bayohereze.
Njye nubwo batageze aho nifuzaga nzakora aka geste , niyo ataba amafranga , ariko ibizashoboka byose nzabikora.
Kandi barakoze 🙏

â€" Shaddyboo (@shaddyboo__92) February 1, 2021

 

Abakurikira ShaddyBoo bahise batangira kumutaramiraho bati 'ibyo uzatanga turabizi'.

 

Like this:

Like Loading...



Source : https://yegob.rw/urukundo-rwo-mu-gitanda-shaddyboo-yemereye-abakinnyi-rwabaye-igitaramo-ku-mbugankoranyambaga/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)