RIB yataye muri yombi ukekwaho kwica umuntu akanamwiba -

webrwanda
0

RIB yatangaje ko icyo cyaha cyabaye tariki 11 Gashyantare 2021. Iperereza rirakomeje kugira ngo hakorwe dosiye ishyikirizwe Ubushinjacyaha.

Ingingo ya 107 mu gitabo cy’amategeko ahana ibyaha mu Rwanda ivuga ko umuntu wica undi abishaka, aba akoze icyaha. Iyo abihamijwe n’urukiko, ahanishwa igihano cy’igifungo cya burundu.

Ingingo ya 166 ivuga ko umuntu wese uhamijwe n’urukiko icyaha cyo kwiba, ahanishwa igifungo kitari munsi y’umwaka umwe ariko kitarenze imyaka ibiri ,ihazabu y’amafaranga y’u Rwanda atari munsi ya miliyoni imwe ariko atarenze miliyoni ebyiri , imirimo y’inyungu rusange mu gihe cy’amezi atandatu cyangwa kimwe gusa muri ibyo bihano.

Inkuru irambuye ni mukanya...

Ukekwa ubwo yerekwaga itangazamakuru kuri uyu wa Mbere



Tags

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)