-
- Perezida Paul Kagame
Ni inama yibanze ku kunoza ibikenewe byose kugira ngo isoko rusange rya Afurika rizatangirane n'ukwezi gutaha ku itariki ya mbere Mutarama 2021.
Iryo soko rusange rizoroshya ubucuruzi hagati y'ibihugu bya Afurika cyane cyane ibyamaze kwemeza ayo masezerano yo gushyiraho isoko rusange.


source https://www.kigalitoday.com/ubukungu/ubucuruzi/article/perezida-kagame-yitabiriye-inama-itegura-gutangiza-isoko-rusange-rya-afurika
